IGIHE

Duhugukire kwandika neza Ikinyarwanda (Igice cya kabiri)

0 6-06-2018 - saa 10:31, IGIHE

Mu myandikire y’Ikinyarwanda, hari amagambo afatana n’andi atandukana. Bene ayo magambo abantu benshi bakunze kuyandika nabi bakayafatanya aho yagatandukanye cyangwa bakayatandukanya aho yagafatanye.

Muri iyi nyandiko turibanda ku myandikire y’amagambo yandikwa mu gihe kimwe afatanye ikindi agatandukana bitewe n’aho yakoreshejwe mu nteruro.
Ayo magambo ni ni ko, niko, ni uko, nuko, nubwo, na ni ubwo.

Amagambo afatiwe hamwe akarema ijambo rimwe (inyumane) akomoka ku yandi atakibukirwa ayo asimbura yandikwa afatanye.

Nyamara iyo ahuje ishusho n’izo nyumane kandi akerekeza ku kintu kizwi cyangwa kibukwa mu buryo bugaragara, yandikwa atandukanye.

Imyandikire y’amagambo “kugira ngo” na yo ikunze kugora benshi. Aya magambo yandikwa atandukanye buri gihe.

Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Nta gitekerezo kirajyaho. Ba uwa mbere!  

Kwamamaza