Bamwe mu bagabo ntibasiba kugaragaza ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kuba igitsina cyabo kidafata umurego byoroshye, cyangwa cyanawufata bakabangamirwa no kurangiza vuba. Ibi byatumye benshi bayoboka imiti yamamazwa n’abavuga ko yongera akanyabugabo.
Ikibazo benshi bibaza kugeza ubu ni ikijyanye n’ubuziranenge bw’iyi miti n’umusaruro itanga ku wayifashe.
Niba nawe uri mu bibaza iki kibazo, kurikira iki kiganiro twagiranye na Shangazi Emma Claudine
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!