IGIHE

Khalfan

0 19-06-2018 - saa 17:07, N Claudine

Khalfan ni umuhanzi nyarwanda uririmba mu njyana ya Hip-Hop. Yatangiriye umuziki mu itsinda ryitwa Home Boys nyuma abarigize baza gushyirwa muri Tuff Gang na Jay Polly ubwo yari imaze igihe isenyutse ariko biza gusubirwamo ava mu barigize bongeye kwiyunga.
Yatangiye kwigaragaza cyane mu muziki ubwo yakoranaga indirimbo na Bulldogg na Fireman bise “Uvutse Ni Inde?” Yanakoranye na Bull Dogg amufasha kuririmba (Backup singer) mu irushanwa rya PGGSS3, ari nabwo benshi batangiye kumumenya. (…)

Khalfan ni umuhanzi nyarwanda uririmba mu njyana ya Hip-Hop. Yatangiriye umuziki mu itsinda ryitwa Home Boys nyuma abarigize baza gushyirwa muri Tuff Gang na Jay Polly ubwo yari imaze igihe isenyutse ariko biza gusubirwamo ava mu barigize bongeye kwiyunga.

Yatangiye kwigaragaza cyane mu muziki ubwo yakoranaga indirimbo na Bulldogg na Fireman bise “Uvutse Ni Inde?” Yanakoranye na Bull Dogg amufasha kuririmba (Backup singer) mu irushanwa rya PGGSS3, ari nabwo benshi batangiye kumumenya.

Khalfan ubusanzwe yitwa Nizeyimana Odo, yavutse mu 1992 avukira ku Kimironko mu Mujyi wa Kigali. Ni umwana wa gatandatu mu muryango w’abana umunani, yarangije amashuri yisumbuye mu 2011, uretse kuba ari umuhanzi, yanakoze akazi k’ibijyanye n’amashanyarazi.

Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

77 0 19-06-2018
141 0 19-06-2018
72 0 19-06-2018
71 0 19-06-2018
Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Nta gitekerezo kirajyaho. Ba uwa mbere!  

Kwamamaza