IGIHE

Rwanda Day London 2013

0 19-05-2013 - saa 14:59, M. M.

Mu gihugu cy’u Bwongereza mu murwa mukuru London tariki 18 Gicurasi 2013 hizihirijwe umunsi wahariwe u Rwanda uzwi cyane nka "Rwanda Day", iki gikorwa kikaba cyarahuje abantu barenga 3000 baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’u Burayi, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada, ndetse n’abari baturutse mu Rwanda barimo abacuruzi 260. Hari kandi n’inshuti z’u Rwanda zari nyinshi mu mibare. Hifashishijwe amafoto yafashwe na Karirima Aimable, umunyamakuru wa IGIHE mu Bubiligi, (…)

Mu gihugu cy’u Bwongereza mu murwa mukuru London tariki 18 Gicurasi 2013 hizihirijwe umunsi wahariwe u Rwanda uzwi cyane nka "Rwanda Day", iki gikorwa kikaba cyarahuje abantu barenga 3000 baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’u Burayi, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada, ndetse n’abari baturutse mu Rwanda barimo abacuruzi 260. Hari kandi n’inshuti z’u Rwanda zari nyinshi mu mibare. Hifashishijwe amafoto yafashwe na Karirima Aimable, umunyamakuru wa IGIHE mu Bubiligi, ndetse na Dushimirimana Thierry ukorera Village Urugwiro, turabagezaho imigendekere y’iki gikorwa.

Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

44 0 12-05-2013
Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Nta gitekerezo kirajyaho. Ba uwa mbere!  

Kwamamaza