%PDF-1.4 %âãÏÓ #tlhkpln# Amabendera ya Amerika azururutswa icyumweru cyose kubera Dolly Parton | IGIHE
IGIHE

Amabendera ya Amerika azururutswa icyumweru cyose kubera Dolly Parton

0 25-08-2026 - saa 22:43, IGIHE

Perezida wa Amerika Donald Trump yategetse ko amabendera ya Amerika yururutswa kugeza mu cya kabiri bikazamara icyumweru cyose hagamijwe kunamira Dolly Parton witabye Imana afite imyaka 80.

Uyu muhanzi yapfuye ku wa 25 Kanama 2025 azize uburwayi. Umuryango we wavuze ko ubuzima bwe bwaranzwe n’urukundo, kwicisha bugufi n’izindi ndangagaciro zatumye benshi bamwiyumvamo.

Dolly Parton wamamaye cyane mu njyana ya Country. Perezida wa Amerika Donald Trump yavuze ko iki gihugu gihombye umuhanzi w’icyamamare.

Ati “Iki ni igihombo gikomeye kuri miliyoni nyinshi z’abantu. Nta muntu wigeze ubaho umeze nka we nta n’uzabaho. Hagamijwe kumwubaha, ndururutsa amabendera ya Amerika mu gihugu hose mu gihe cy’icyumweru.”

Parton yari umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo, umukinnyi wa filime ndetse yamamaye no mu bikorwa by’ubugiraneza bitandukanye. Mu rugendo rw’imyaka irenga 50 ari umuhanzi yamamaye cyane mu ndirimbo nka “Jolene,” “I Will Always Love You” “9 to 5.” n’izindi nyinshi.

Amabendera ya Amerika mu azururutswa kugera muri kimwe cya kabiri mu gihe cy'icyumweru kubera urupfu rwa Dolly Parton
Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

0 0 13-08-2026
Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza