IGIHE

Abahanzi Babla na True D mu rukundo

0 3-06-2013 - saa 12:02, Dean Irak

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, umuhanzi Babla yatangarije kuri Radio 10 ko ari mu rukundo n’umuraperi True D, wo muri BMCG.
Babla yagize ati “True D ni boyfriend wanjye”.
Ntya byinshi yifuje gutaza kuri uru rukundo rwabo gusa yavuze ko rumaze igihe n’ubwo batari barifuje kubishyira mu itangazamakuru.
aganira na IGIHE, True D nawe yemeje aya makuru avuga ko ari inshuti ya Babla.
Byinshi kuri uru rukundo rwabo tuzabibagezaho mu cyumweru gitaha mu kiganiro kirambuye duteganya (…)

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, umuhanzi Babla yatangarije kuri Radio 10 ko ari mu rukundo n’umuraperi True D, wo muri BMCG.

Babla yagize ati “True D ni boyfriend wanjye”.

Ntya byinshi yifuje gutaza kuri uru rukundo rwabo gusa yavuze ko rumaze igihe n’ubwo batari barifuje kubishyira mu itangazamakuru.

aganira na IGIHE, True D nawe yemeje aya makuru avuga ko ari inshuti ya Babla.

Byinshi kuri uru rukundo rwabo tuzabibagezaho mu cyumweru gitaha mu kiganiro kirambuye duteganya kugirana na Babla.

Babla yamenyekanye cyane mu ndirimbo zamamariza Sosiyete y’itumanaho ya MTN. aheruka kandi kumvikana mu bitangazamakuru byinshi byo mu Rwanda nyuma yo gukorana indirimbo ‘Kabimye’ yaoranye na Kamichi.

Ubu ari kumvikana cyane mu ndirimbo yamamaza uko ushobora gutira amafaranga muri MTN no mu ndirimbo ‘Wita Umwanya’ yaririmbanye na Ambassadeur Jay C.

Iyi ni Indirimbo Victory y’umuraperi True D, umukunzi wa Babla:

Iyi ni indirimbo "Wita Umwanya" ya Jay-C na Babla ukundana na True D:

Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Nta gitekerezo kirajyaho. Ba uwa mbere!  

Kwamamaza