IGIHE

Abahanzi 11 bari mu irushanwa rya PGGSS III berekeje mu Karere ka Ngoma

0 8-06-2013 - saa 10:12, Dean Irak

Kuri uyu wa Gatandatu abahanzi 11 bari mu irushanwa rya PGGSS III barataramira mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’i Burasirazuba (Kibungo). Abahanzi bahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu berekeza muri aka Karere.
Iki gitaramo kiratangira saa saba n’igice kibere ku kibuga cy’umupira cya Paruwase ya Kibungo.
Muri ibi bitaramo cya PGGSS abafana bimenyerewe ko baba ari benshi cyane kandi ibinyobwa bikagabanyirizwa ibiciro. Abafana kandi babasha kwibonera abahanzi bakunzwe (…)

Kuri uyu wa Gatandatu abahanzi 11 bari mu irushanwa rya PGGSS III barataramira mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’i Burasirazuba (Kibungo). Abahanzi bahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu berekeza muri aka Karere.

Iki gitaramo kiratangira saa saba n’igice kibere ku kibuga cy’umupira cya Paruwase ya Kibungo.

Muri ibi bitaramo cya PGGSS abafana bimenyerewe ko baba ari benshi cyane kandi ibinyobwa bikagabanyirizwa ibiciro. Abafana kandi babasha kwibonera abahanzi bakunzwe kurusha abandi mu Rwanda.

Mu Cyumweru gitaha aba bahanzi bazataramira mu Karere ka Gicumbi.

Imoodoka zitwara abahanzi bo muri iri rushanwa ziriranga-mu masaha make ziraba zisesekaye mu Karere ka Ngoma
Muri ibi bitaramo buri muhanzi akora uko ashoboye ngo ashimishe abafana be-aba ni itsinda Urban Boyz babyina basutamye ngo bashimishe abafana
Muri ibi bitaramo hakunze kugaragaramo abafana benshi banagaragaza ko bashyigikiye abahanzi bikundira
Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Nta gitekerezo kirajyaho. Ba uwa mbere!  

Kwamamaza