Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yavuze ko yafashe icyemezo cyo gukinisha abakinnyi benshi basatira izamu kugira ngo bashake uko bishyura igitego bari batsinzwe mu gice cya mbere kigitangira kandi byatanze umusaruro.
Yabigarutseho nyuma y’umukino wa CAF Confederation Cup Rayon Sports yanganyijemo na Panthère Sportive du Ndé 1-1.
Ati “Mwabonye ko twahise dushyiramo Mubaraka, dukinisha abasatira izamu babiri dushyiramo Muhoza, umukinnyi ushobora gukina nk’uko Elie Tatou akina, mwabonye ko n’igitego cyamuturutseho …ni icyemezo gikomeye twafashe ariko cyatanze umusaruro, ntekereza ko uko twabitekereje ni ko byagenze.”
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!