IGIHE

Abasirikare bakuru bakoze akarasisi kanogeye ijisho (Video)

0 12-06-2026 - saa 21:09, IGIHE

Perezida Kagame yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa y’ibyumweru 46 yahabwaga ba ofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 bya Afurika Ishuri Rikuru rya Gisirikare [RDF Command and Staff College].

Abahawe amahugurwa bakomoka mu bihugu birimo u Rwanda, Bénin, Botswana, Burkina Faso, , Ethiopia, Ghana, Guinée, Kenya, Malawi, Mali, Niger, Nigeria, Sénégal, Somalia, Sudani y’Epfo, Tanzania, Uganda, Zambia na Jordanie.

Abarangije amasomo bakoze akarasisi kanogeye ijisho mbere yo gusoza uyu muhango bahabwa impanuro na Perezida Kagame.

Kwamamaza
Kwamamaza

Izindi nkuru wasoma

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza