Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!
REYOSPORO
Ntahandi byashobotse erega uretse kwikipe ya rubanda!!
As Kigali niyihangane ntakwitagize gusa irahombye cyane igarukiye kumuryango ishyiremo imbaraga ubutaha izayakandagiramo ndavuga amatsinda
AS Kigali ntako itagize pe bitewe nuko yazamuwe kuntera ikuwe muri esheshatu za mbere ga! Gusa Imana ibisingirizwe cyane kubwo kutitwaza umusifuzi ga! Mbere na mutegure ikipe y’igihe kirekire niho inzozi zanyu zizagerwaho pe
Ubu nibatsinda gicumbi 4-0bati turakomeye tuzajya mumatsinda nkacayakindi gisezererwa kitarenze umutaru hh ariko kururimi kikarenga namatsinda
Amakipe yo muri championat y’U Rwanda yose akina adefanda ntabyo kwataka; abatoza rwose ibyo bintu muzabihindure kuko mutuma tubura ikipe y’igihugu; yego muba muri mu mibare ya resultats, ariko hazabaho ibiganiro mpaka abazi iby’umupira bakagaragaza uko iyo phylosophie yahinduka (urugero FERWAFA ishobora gushyiraho ibihembo cyangwa izindi favors ku makipe atsinda ibitego byinshi).
REYOSPORO
Ntahandi byashobotse erega uretse kwikipe ya rubanda!!
As Kigali niyihangane ntakwitagize gusa irahombye cyane igarukiye kumuryango ishyiremo imbaraga ubutaha izayakandagiramo ndavuga amatsinda
AS Kigali ntako itagize pe bitewe nuko yazamuwe kuntera ikuwe muri esheshatu za mbere ga! Gusa Imana ibisingirizwe cyane kubwo kutitwaza umusifuzi ga! Mbere na mutegure ikipe y’igihe kirekire niho inzozi zanyu zizagerwaho pe
Ubu nibatsinda gicumbi 4-0bati turakomeye tuzajya mumatsinda nkacayakindi gisezererwa kitarenze umutaru hh ariko kururimi kikarenga namatsinda
Amakipe yo muri championat y’U Rwanda yose akina adefanda ntabyo kwataka; abatoza rwose ibyo bintu muzabihindure kuko mutuma tubura ikipe y’igihugu; yego muba muri mu mibare ya resultats, ariko hazabaho ibiganiro mpaka abazi iby’umupira bakagaragaza uko iyo phylosophie yahinduka (urugero FERWAFA ishobora gushyiraho ibihembo cyangwa izindi favors ku makipe atsinda ibitego byinshi).