Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uherutse gusaba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika imikoranire iri hagati y’igisirikare cy’icyo gihugu ndetse n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ukaba unafite umugambi wo gukuraho ubuyobozi bwatowe n’Abanyarwanda.
Mu kiganiro Tubijye Imuzi, twagarutse ku mpamvu Leta ya RDC ihora isabwa guhagarika imikoranire na FDLR ariko ntibikore, ndetse n’impamvu Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi udashyira imbaraga mu kumva impamvu zatumye M23 yegura intwaro.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!